Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Mu Rwanda hasojwe ikoraniro mpuzamahanga ry’Abahamya ba Yehova ryitabiriwe n’abarenga ibihumbi 40
10/08/2025 - 23:37
Minisitiri w’Intebe ageza ku Nteko Ishinga Amategeko, Gahunda ya Guverinoma (2024-2029)
12/08/2025 - 18:10
The Day Hope Knocked: Sherrie Silver Beyond the Spotlight
13/08/2025 - 12:01Iziheruka

Jordan’s Deputy Prime Minister pays tribute to victims of the Genocide against the Tutsi
23/02/2023 - 16:36
Callot: Le sport devrait être une activité qui sublime les enjeux politiques
23/02/2023 - 16:29
Chris Froome’s Israel-Premier Tech inaugurates Field of Dreams Bike Center in Rwanda
23/02/2023 - 16:16
Biyemeje kwigisha amahoro babinyujije mu bihangano
22/02/2023 - 19:02
Dore umunezero wo gukomoka ku bazi urukundo nyakuri
21/02/2023 - 19:46
Hatangijwe umushinga wo kuvugurura imiturire mu duce twa Gitega na Mpazi
19/02/2023 - 18:58
Dutemberane ahororerwa inzoka n’ingona muri Kigali
16/02/2023 - 20:01
Abamaze imyaka 25 mu rukundo badusangije inkuru y’urugendo rwabo
16/02/2023 - 18:53
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo