Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
H.E. Ms Jeannette Kagame praises Kepler College’s role in inclusive education
12/11/2025 - 20:31
RFC yamuritse ifumbire yakozwe hagendewe ku bwoko bw’ubutaka bw’u Rwanda
11/11/2025 - 21:44
Ntimuzakubite ibituro byacu inkoni, umusingi mwarawubonye - Gen(Rtd) Ibingira ahanura urubyiruko
8/11/2025 - 22:24Iziheruka
Reba ibyaranze igikorwa cyo gutaha ikigo IRCAD cy’ubushakashatsi n’amahugurwa kuri kanseri
8/10/2023 - 22:48
Reba uko abafana ba Rayon Sports bayiherekeje kugera i Nyamirambo
25/09/2023 - 15:46
Patel yegukanye Rwanda Mountain Gorilla Rally, ibyaranze umunsi wa nyuma
25/09/2023 - 09:37
Ihere ijisho uko umunsi wa kabiri wa Rwanda Mountain Gorilla Rally wagenze
24/09/2023 - 15:53
Umugore n’abana be babiri bishwe n’ibiza ku Gisozi bashyinguwe
23/09/2023 - 00:11
Reba ibirori byo gutangiza Rwanda Mountain Gorilla Rally 2023
22/09/2023 - 23:59
Umujyi wa Kigali wasobanuye ibyo gufunga amahema akorerwamo ibirori
22/09/2023 - 23:48
Isiganwa ry’amagare ku rwego rw’Isi ryahawe ikaze mu Rwanda
22/09/2023 - 23:41
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo