Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Human Trafficking: Henshi batunguwe no kumva ko hari abantu bacuruza abandi
11/12/2023 - 10:33
Zuchu performing her hit songs ‘Kwikwi,’ ‘Honey’ and ‘Utaniua’ during ‘Move Afrika’ show in Kigali
8/12/2023 - 16:29
Sherrie Silver and her breakdancers stage a thrilling performance at ‘Move Afrika’ show in Kigali
8/12/2023 - 16:05
Watch Bruce Melodie’s performance at ‘Move Afrika’ show featuring Kendrick Lamar
8/12/2023 - 15:41
Kendrick Lamar thrills music fans in Kigali with an epic performance
8/12/2023 - 14:26
What a good way of ending the year! - President Kagame at Move Afrika Concert
8/12/2023 - 14:16
UK Home Secretary: I have been uncomfortable with the tone of criticism directed to Rwanda
8/12/2023 - 13:54
National Talent Day 2023: Abana bahize abandi bijejwe gukurikiranwa
8/12/2023 - 13:40
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo