Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
RFC yamuritse ifumbire yakozwe hagendewe ku bwoko bw’ubutaka bw’u Rwanda
11/11/2025 - 21:44
H.E. Ms Jeannette Kagame praises Kepler College’s role in inclusive education
12/11/2025 - 20:31
Ntimuzakubite ibituro byacu inkoni, umusingi mwarawubonye - Gen(Rtd) Ibingira ahanura urubyiruko
8/11/2025 - 22:24Iziheruka
Ba bana bavutse bafatanye bitabye Imana : Twaganiriye n’ababyeyi babo
19/09/2023 - 18:13
Yanga fans take over Nyamirambo ahead of their game against Al-Merreikh
16/09/2023 - 18:22
Minister Manasseh Receives the 6th Great African Safari Cyclists who are touring EAC
16/09/2023 - 18:13
Mu Rwanda hatangijwe umukino wa Pickleball: Dore uko ukinwa
16/09/2023 - 17:48
Kelia wabaye uwa mbere muri Tronc Commun yahuye na First Lady
16/09/2023 - 10:59
Reba uko byari byifashe mu gusoza umwiherero w’abana bafashwa na Imbuto Foundation
16/09/2023 - 10:50
Ibyo umunyeshuri wifuza guhinduza ikigo yoherejwemo na Leta akwiye kumenya
13/09/2023 - 19:13
Twaganiriye n’abana babaye aba mbere mu bizamini bya Leta
13/09/2023 - 18:57
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo