Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Diogène ‘Atome’ yongeye gusetsa abantu, agaruka kuri #Tunyweless
17/12/2023 - 14:22
Ijambo rya Madamu Jeannette Kagame agaragaza ububi bw’inzoga #Tunyweless
17/12/2023 - 13:55
Remarks by Tom Mollenkopf on closing IWA Water and Development Congress & Exhibition 2023
17/12/2023 - 13:49
The role of the Central Bank in Rwanda’s Economic Recovery
17/12/2023 - 13:42
Arsenal Player Jurriën Timber pays tribute to Genocide victims
17/12/2023 - 13:37
Arsenal footballer Jurriën Timber and Girlfriend Visit Rwanda
17/12/2023 - 13:28
Professionals meet for International Water Congress in Kigali
17/12/2023 - 13:20
Fireside Chat with President Kagame at Hanga Pitchfest 2023
11/12/2023 - 10:54
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo