Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Mu Rwanda hasojwe ikoraniro mpuzamahanga ry’Abahamya ba Yehova ryitabiriwe n’abarenga ibihumbi 40
10/08/2025 - 23:37
Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36Iziheruka

Kurikira ikiganiro Perezida Kagame yagiranye n’Intore z’Indangamirwa
26/08/2023 - 11:52
Umva icyo Perezida Kagame avuga ku bateguye amafunguro yateje uburwayi abantu
26/08/2023 - 10:15
Davido yashimishije abitabiriye iserukiramuco rya Giants of Africa
21/08/2023 - 15:39
Irebere uko umuhanzi Tiwa Savage yasusurukije ab’i Kigali
21/08/2023 - 10:37
Giants of Africa yatashye ikibuga cya Basketball cya Kimisagara
21/08/2023 - 10:17
Perezida Kagame, Masai Ujiri n’abandi bitabiriye Giants of Africa bahuriye mu muganda
19/08/2023 - 19:08
Madamu Jeannette Kagame yifatanyije n’abayobozi bakiri bato mu gusabira Igihugu
14/08/2023 - 14:34
Kurikira ibirori byo gutangiza iserukiramuco rya Giants of Africa
14/08/2023 - 14:06
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo