Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Huye: Barashima ibyo Perezida Paul Kagame yabagejejeho
28/06/2024 - 06:31
Abafite ubumuga natwe twahawe agaciro nk’abandi kubera FPR Inkotanyi (Ubuhamya)
28/06/2024 - 06:11
Umubyeyi wafashwe n’ibise yagiye kwamamaza yise umwana we Kagame
27/06/2024 - 05:00
Twagize Ingabo z’Intare ziyobowe n’Intare - Paul Kagame
25/06/2024 - 23:02
Natuye i Kigali bwa mbere nkimara kujya kuri Yellow Paper - Utumatwishima
25/06/2024 - 22:56
Inkotanyi si igipindi, ni ukuri - Sheikh Mussa Fazil
25/06/2024 - 22:13
Muhanga yagaragaje itandukaniro mu kwakira umukandida wa RPF
25/06/2024 - 07:04
Ibyiza ntibyari kugerwaho atari Politiki nziza ya RPF Inkotanyi - Perezida wa PSD
25/06/2024 - 06:51
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo