Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Itorero Urukerereza ryasusurukije abitabiriye ibirori byo #Kwibohora30
5/07/2024 - 08:38
#Kwibohora30 : Dore Akarasisi ka Gisirikare ko mu rwego rwo hejuru
5/07/2024 - 08:23
#Kwibohora30: Reba uko ibendera ry’u Rwanda ryagejejwe muri Stade Amahoro
5/07/2024 - 08:09
President Kagame: Liberation can not be imposed on people by force or fear
5/07/2024 - 07:44
Kirehe: Urubyiruko rugiye gutora bwa mbere rwavuze imyato FPR Inkotanyi
5/07/2024 - 07:35
Ibyago u Rwanda rwagize ni uko rwagize abayobozi b’abapumbafu - Kagame
3/07/2024 - 05:53
Twari ‘Jijuka Pumbafu’ none twarize turiteza imbere - Musabwasoni
3/07/2024 - 05:44
Twaganiriye n’Abanya-Kirehe: Barashima ibyo FPR Inkotanyi yabagejejeho
2/07/2024 - 13:11
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo