Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Mu Rwanda hasojwe ikoraniro mpuzamahanga ry’Abahamya ba Yehova ryitabiriwe n’abarenga ibihumbi 40
10/08/2025 - 23:37
Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36Iziheruka

The role of the Central Bank in Rwanda’s Economic Recovery
17/12/2023 - 13:42
Arsenal Player Jurriën Timber pays tribute to Genocide victims
17/12/2023 - 13:37
Arsenal footballer Jurriën Timber and Girlfriend Visit Rwanda
17/12/2023 - 13:28
Professionals meet for International Water Congress in Kigali
17/12/2023 - 13:20
Fireside Chat with President Kagame at Hanga Pitchfest 2023
11/12/2023 - 10:54
‘Loopa’ is the Winner of Hanga Pitchfest 2023 || Awarded by President Kagame
11/12/2023 - 10:54
Human Trafficking: Henshi batunguwe no kumva ko hari abantu bacuruza abandi
11/12/2023 - 10:33
Zuchu performing her hit songs ‘Kwikwi,’ ‘Honey’ and ‘Utaniua’ during ‘Move Afrika’ show in Kigali
8/12/2023 - 16:29
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo