Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Mu Rwanda hasojwe ikoraniro mpuzamahanga ry’Abahamya ba Yehova ryitabiriwe n’abarenga ibihumbi 40
10/08/2025 - 23:37
Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36Iziheruka

Polisi iraburira ababangamira abandi kuri Bonane
31/12/2023 - 22:43
Ntabwo turi guhangana na Zari - Kigali Boss Babes
31/12/2023 - 22:35
Umuhanzi Ruti Joël yanyuze abitabiriye igitaramo ‘Rumata wa Musomandera’
28/12/2023 - 10:33
Reba uko byari byifashe ubwo Muyango yamurikaga Album ‘Imbanzamumyambi’
26/12/2023 - 22:13
Icyo Umujyi wa Kigali uvuga ku kwimura abatuye mu manegeka no kuvugurura Matheus
26/12/2023 - 22:00
Polisi yerekanye ubuhanga buhanitse mu guhosha imyigaragambyo
23/12/2023 - 15:02
Abagera ku 2,072 binjiye muri Polisi y’u Rwanda na RCS
23/12/2023 - 14:48
Festive Season Decorations Light Up Kigali: Let’s have a Brief Tour Together
23/12/2023 - 14:36
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo