Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
RIB yavuze ku byaha Dr Mujawamariya akekwaho, inerekana abakekwaho kwiba Miliyoni 100 Frw
26/07/2024 - 12:44
Reba uko byari byifashe mu gutaha uruganda rw’Inyange rutunganya amata y’ifu
26/07/2024 - 11:56
Yahawe inka muri ‘Girinka’ none imugejeje ku gipangu gitahamo imodoka ebyiri (Ubuhamya)
26/07/2024 - 11:11
President Kagame presides over Groundbreaking for King Faisal Hospital expansion
23/07/2024 - 09:40
Mwarakoze cyane - Perezida Kagame yashimye abamufashije mu bikorwa byo kwiyamamaza
23/07/2024 - 09:29
Kagame yagize icyo avuga ku byavuye mu matora
16/07/2024 - 15:14
Abatuvuga nabi ni bo bicwa n’agahinda - Kagame ubwo yiyamamarizaga muri Kicukiro
14/07/2024 - 03:32
Byari udushya gusa mu kwamamaza Kagame i Bumbogo muri Gasabo
13/07/2024 - 08:20
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo