Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Aba Ofisiye bakuru mu bihugu 9 by’Afurika basoje amasomo mu ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda
22/06/2025 - 17:13
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09
Ikiganiro ku Byakozwe na Guverinoma mu guteza Imbere imibereho y’Abanyarwanda
20/06/2025 - 12:11Iziheruka

Ibibazo abaturage babajije Perezida Kagame mu Mushyikirano n’uburyo yabisubije
28/01/2024 - 16:35
Perezida Kagame yageneye ubutumwa abafite umugambi wo guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda
28/01/2024 - 13:14
Abanyarwanda babanye bate nyuma y’imyaka 30 u Rwanda rubayemo Jenoside?
28/01/2024 - 13:00
Umubyibuho usigaye ari ikimenyetso cy’indwara zitandura
28/01/2024 - 12:49
Ibyo kurinda iki gihugu simbisabira uruhushya uwo ari we wese-Perezida Kagame
24/01/2024 - 13:27
Ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku kigero cya 6.9% mu myaka irindwi ishize
24/01/2024 - 13:14
Icyo abaturage bavuga ku Nama y’Igihugu y’Umushyikirano
24/01/2024 - 12:50
Kuki hari abisanga mu bigo ngororamuco kandi atari inzererezi?
22/01/2024 - 14:33
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo