Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ntimuzakubite ibituro byacu inkoni, umusingi mwarawubonye - Gen(Rtd) Ibingira ahanura urubyiruko
8/11/2025 - 22:24
Africa Day of Information: Development Journalism Award 2025
8/11/2025 - 14:02
Volleyball: Police yihimuriye kuri REG iyitsinda amaseti 3-1
8/11/2025 - 10:42Iziheruka
Reba udushya twaranze isiganwa ry’imodoka rya #HuyeRally2024
17/06/2024 - 19:51
Ikipe y’abarinda Perezida (Republican Guard) yisubije igikombe cya RDF Liberation Cup
17/06/2024 - 09:26
Perezida Kagame mu busabane n’Abajyanama b’Ubuzima
16/06/2024 - 23:40
Huye Rally: Basusurukijwe n’isiganwa ry’imodoka na moto zisimbuka
16/06/2024 - 23:31
Reba uko byari byifashe ubwo Abapolisi 34 basozaga amasomo
16/06/2024 - 23:10
Perezida Kagame yasheshe Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite
15/06/2024 - 06:47
Kwiremereza bicike burundu - Perezida Kagame yakira indahiro z’abayobozi bashya
15/06/2024 - 06:35
Minisitiri Bizimana yasabye urubyiruko kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside
10/06/2024 - 22:40
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo