Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
Abazagura itike y’Igitaramo ‘The Nu Year Groove’ bakoresheje ikarita za BK bazagabanyirizwa
15/12/2025 - 21:04
KT signed MoU with Rwanda Premier League as official media Partner for next two seasons
13/12/2025 - 12:24Iziheruka
Perezida Kagame na mugenzi we wa Benin mu kiganiro n’abanyamakuru
1/09/2016 - 10:03
Nyuma yo kwigira ku Rwanda, Benin nayo ikuyeho Visa ku banyafurika
30/08/2016 - 17:46
Perezida wa Benin Patrice Talon ari mu Rwanda
30/08/2016 - 06:14
VIDEO: WIZKID yatangajwe n’ubwiza bw’Abanyarwandakazi
25/08/2016 - 18:53
Imikino ya Gisirikare yaberaga mu Rwanda yasojwe
21/08/2016 - 21:40
Umunsi wa mbere w’isiganwa ry’imodoka " Mountain Gorilla Rally"
17/08/2016 - 09:43
Perezida Kagame na Kabila bongeye guhurira hafi y’umupaka
14/08/2016 - 22:59
Tumwe mu dushya wasanga muri Expo 2016!
9/08/2016 - 10:52
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo