Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Minisitiri w’Intebe ageza ku Nteko Ishinga Amategeko, Gahunda ya Guverinoma (2024-2029)
12/08/2025 - 18:10
The Day Hope Knocked: Sherrie Silver Beyond the Spotlight
13/08/2025 - 12:01
Mu Rwanda hasojwe ikoraniro mpuzamahanga ry’Abahamya ba Yehova ryitabiriwe n’abarenga ibihumbi 40
10/08/2025 - 23:37Iziheruka

Perezida Kagame na Kabila bongeye guhurira hafi y’umupaka
14/08/2016 - 22:59
Tumwe mu dushya wasanga muri Expo 2016!
9/08/2016 - 10:52
Ingabire Kenny ni we wambitswe ikamba ry’umukobwa uhiga abandi mu mashuri yisumbuye
8/08/2016 - 17:54
Dore uko washimisha umwana wawe muri Expo 2016
8/08/2016 - 09:14
Udushya twaranze umutambagiro wa FESPAD 2016
2/08/2016 - 09:48
VIDEO: Abandi banyeshuri 8500 bageze ku isoko ry’umurimo
30/07/2016 - 11:53
Perezida Kagame yakemuye ibibazo by’intore z’Indangamirwa IX
27/07/2016 - 17:07
UBUMUNTU: U RWANDA na CONGO mu mukino wabo "FACE OFF"
26/07/2016 - 15:14
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo