Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Icyamamare Christophe Pinna yishimiye gutoza abakinnyi ba Karate b’u Rwanda
6/09/2023 - 21:31
Kwita Izina: Irebere uko Umuco Nyarwanda wanyuze abanyamahanga
6/09/2023 - 20:59
Ihere ijisho akarasisi n’ubundi buhanga bigiye mu Itorero Indangamirwa
26/08/2023 - 17:03
Kurikira ikiganiro Perezida Kagame yagiranye n’Intore z’Indangamirwa
26/08/2023 - 11:52
Umva icyo Perezida Kagame avuga ku bateguye amafunguro yateje uburwayi abantu
26/08/2023 - 10:15
Davido yashimishije abitabiriye iserukiramuco rya Giants of Africa
21/08/2023 - 15:39
Irebere uko umuhanzi Tiwa Savage yasusurukije ab’i Kigali
21/08/2023 - 10:37
Giants of Africa yatashye ikibuga cya Basketball cya Kimisagara
21/08/2023 - 10:17