Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Kurikira umuhango wose wo gushyingura Pasiteri Théogène Niyonshuti
29/06/2023 - 22:22
Reba uko Pasiteri Théogène Niyonshuti yaherekejwe bagiye kumusezeraho mu rusengero
29/06/2023 - 20:02
Irebere akarasisi gashimishije mu gusoza Ushirikiano Imara
26/06/2023 - 20:19
Kurikira ikiganiro Perezida Kagame na mugenzi we wa Zambia bagiranye n’abanyamakuru
22/06/2023 - 15:55
Perezida wa Zambia yunamiye abazize Jenoside baruhukiye mu rwibutso rwa Kigali
22/06/2023 - 12:33
Irebere uko Perezida wa Zambia yakiriwe na mugenzi we w’u Rwanda
22/06/2023 - 12:01
Impamvu zatumye Maj Gen Aloys Muganga na Brig Gen Mutiganda birukanwa muri RDF
14/06/2023 - 22:34
Irebere uko ibiro bivuza ubuhuha mu irushanwa #MemorialRutsindura
14/06/2023 - 16:41