Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Reba uko Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar yakiriwe mu Rwanda
7/08/2023 - 22:53
Reba uko byari byifashe Perezida Kagame ataha uruganda rukora sima i Muhanga
4/08/2023 - 12:32
Twaganiriye na Shangazi wihebeye APR FC, atanga ubutumwa kuri Rayon Sports
2/08/2023 - 15:57
Urubyiruko rwo muri Diaspora rwishimiye kumenya umuco Nyarwanda
1/08/2023 - 22:09
Kurikira ikiganiro ku ikoranabuhanga mu burezi bw’abafite ubumuga
1/08/2023 - 20:38
Masera Jean Baptiste umaze imyaka irenga 70 yiyeguriye Imana, ni muntu ki?
28/07/2023 - 17:44
Le Président Sassou-Nguesso visite l’Institut Rwandais pour l’Agriculture de Conservation (RICA)
22/07/2023 - 22:02
La Conférence de Presse conjointe de Paul Kagame et Denis Sassou-Nguesso
22/07/2023 - 21:52