Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ikipe y’abarinda Perezida (Republican Guard) yisubije igikombe cya RDF Liberation Cup
17/06/2024 - 09:26
Perezida Kagame mu busabane n’Abajyanama b’Ubuzima
16/06/2024 - 23:40
Huye Rally: Basusurukijwe n’isiganwa ry’imodoka na moto zisimbuka
16/06/2024 - 23:31
Reba uko byari byifashe ubwo Abapolisi 34 basozaga amasomo
16/06/2024 - 23:10
Perezida Kagame yasheshe Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite
15/06/2024 - 06:47
Kwiremereza bicike burundu - Perezida Kagame yakira indahiro z’abayobozi bashya
15/06/2024 - 06:35
Minisitiri Bizimana yasabye urubyiruko kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside
10/06/2024 - 22:40
Kigali Peace Marathon 2024 attracts 10,000 athletes as Kenyans dominate the race
10/06/2024 - 22:27