Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Irebere morale y’Urubyiruko rwa RPF Inkotanyi rwakira umukandida Paul Kagame i Rubavu
24/06/2024 - 11:12
Paul Kagame: FPR yatugabiye inka, uwakugabiye uramwitura
24/06/2024 - 10:46
Musafiri Ildephonse: Ntawatera u Rwanda ngo agere i Kigali aciye i Bugeshi kuko duhora turi maso
24/06/2024 - 10:04
Kagame Paul: Nta cyiza nko kuba Umunyarwanda, by’akarusho nko kubabera umuyobozi
23/06/2024 - 04:36
Morale y’Urubyiruko rwa RPF Inkotanyi rwakira umukandida Paul Kagame i Musanze
23/06/2024 - 04:31
Ab’i Musanze bari babukereye mu kwakira umukandida wa FPR Inkotanyi
23/06/2024 - 04:22
Reba uko Umukandida wa FPR Inkotanyi yakiriwe i Musanze
22/06/2024 - 18:19
Umukandida wa FPR-Inkotanyi Kagame Paul arahera i Musanze yiyamamaza: Ikiganiro na SG Gasamagera
21/06/2024 - 17:56