Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Uwahoze muri Crap ya FDLR avuze ubuzima bwose bwayo n’ukuri ku rupfu rwa Col. Ruhinda
15/11/2025 - 23:10
Polisi y’u Rwanda yafunguye ikigo gisuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga i Ndera
15/11/2025 - 23:15
Ibiro bivuza ubuhuha: Ibyaranze umukino APR VC yatsinzemo Gisagara VC amasti 3-0
15/11/2025 - 09:10Iziheruka
Entendez-Nous! Igitabo gisobanura urugendo rushaririye rw’abapfakazi ba Jenoside
29/04/2024 - 22:33
Antoine Mugesera yasobanuye uko amoko yabaye igikoresho cya Leta mbi
29/04/2024 - 15:29
Ibikubiye mu gitabo ‘Survived to Forgive’ cya Umulinga warokotse Jenoside
25/04/2024 - 09:39
Dr Muligande yasabye urubyiruko rwahuye na Jenoside kuyandikaho
24/04/2024 - 14:22
Menya icyo usabwa kugira ngo amatora ya Perezida n’ay’Abadepite azagende neza
24/04/2024 - 13:15
Dutemberane mu Ishuri rya Gisirkare rya Gako
17/04/2024 - 20:36
Uko ababyeyi n’abasirikare mu ndirimbo n’imbyino bishimiye ipeti rya 2nd LT
17/04/2024 - 16:12
Reba udushya twaranze umuhango wo kwinjiza aba Ofisiye bashya mu ngabo z’u Rwanda
17/04/2024 - 09:01