Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Itorero Urukerereza ryasusurukije abitabiriye ibirori byo #Kwibohora30
5/07/2024 - 08:38
#Kwibohora30 : Dore Akarasisi ka Gisirikare ko mu rwego rwo hejuru
5/07/2024 - 08:23
#Kwibohora30: Reba uko ibendera ry’u Rwanda ryagejejwe muri Stade Amahoro
5/07/2024 - 08:09
President Kagame: Liberation can not be imposed on people by force or fear
5/07/2024 - 07:44
Kirehe: Urubyiruko rugiye gutora bwa mbere rwavuze imyato FPR Inkotanyi
5/07/2024 - 07:35
Ibyago u Rwanda rwagize ni uko rwagize abayobozi b’abapumbafu - Kagame
3/07/2024 - 05:53
Twari ‘Jijuka Pumbafu’ none twarize turiteza imbere - Musabwasoni
3/07/2024 - 05:44
Twaganiriye n’Abanya-Kirehe: Barashima ibyo FPR Inkotanyi yabagejejeho
2/07/2024 - 13:11