Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Uruhare rw’abafana ba Rayon Sports mu kwiyubakira ikipe izahatana muri 2025-2026
20/07/2025 - 12:04
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53Iziheruka

Imboga ahinga mu rugo zimufasha gutunga umuryango we muri Kigali
17/10/2023 - 12:16
Umujyi wa Kigali wungutse bisi nshya 20 zitwara abagenzi
14/10/2023 - 00:14
Israel Ambassador to Rwanda updates media on war against Hamas
13/10/2023 - 23:51
Reba ibyaranze igikorwa cyo gutaha ikigo IRCAD cy’ubushakashatsi n’amahugurwa kuri kanseri
8/10/2023 - 22:48
Reba uko abafana ba Rayon Sports bayiherekeje kugera i Nyamirambo
25/09/2023 - 15:46
Patel yegukanye Rwanda Mountain Gorilla Rally, ibyaranze umunsi wa nyuma
25/09/2023 - 09:37
Ihere ijisho uko umunsi wa kabiri wa Rwanda Mountain Gorilla Rally wagenze
24/09/2023 - 15:53
Umugore n’abana be babiri bishwe n’ibiza ku Gisozi bashyinguwe
23/09/2023 - 00:11