Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abiyita abapfumu bakekwaho kuriganya arenga Miliyoni 100 Frw batawe muri yombi
4/04/2024 - 01:05
RIB yagaragaje abasore bavugwaho ubujura n’ubugizi bwa nabi
3/04/2024 - 23:34
Cécile Kayirebwa yashimiwe ku ruhare yagize mu iterambere ry’umuziki w’u Rwanda
3/04/2024 - 23:13
Sigasira ubuzima: Irinde kanseri y’ibere wisuzumisha kare
3/04/2024 - 22:56
Reba uko byari byifashe mu kiganiro abanyamakuru Oswald na Aissa Cyiza bagiranye na Perezida Kagame
3/04/2024 - 22:44
Ba Ambasaderi batatu bashya mu Rwanda bagaragaje imigabo n’imigambi yabo
27/03/2024 - 14:55
Kurikira ikiganiro EdTech ku ishoramari mu bikoresho by’ikoranabuhanga mu burezi
26/03/2024 - 12:15
Reba uko byari byifashe mu gitaramo ‘Inkuru ya 30’
24/03/2024 - 23:32