Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09Iziheruka

Why Rwanda was chosen to host first WTTC Global Summit on African Continent
5/11/2023 - 12:14
#RwandanEpic2023 : Team Nzayisenga and Ingabire win prologue in women category
5/11/2023 - 12:07
Messi wegukanye Ballon d’Or ya munani ni muntu ki?
2/11/2023 - 23:48
Twumvikanye guhererekanya imfungwa z’intambara, ariko Habyarimana yishe izacu - Gen (Rtd) Kabarebe
2/11/2023 - 23:43
Itorero Intwararumuri ribyinamo ba Minisitiri ryasusurikije abitabiriye umwiherero wa Unity Club
2/11/2023 - 23:35
SHAUKU BAND: Uko ubuhinzi na ruhago babiteye ishoti, biyegurira muzika
2/11/2023 - 23:29
Inkingi z’umuziki Nyarwanda zahawe ibihembo
2/11/2023 - 23:24
Naterwaga ipfunwe no kuba Umunyarwanda - Uwimbabazi Sandrine ukora muri MINAFFET
2/11/2023 - 23:15