Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Uwahoze muri Crap ya FDLR avuze ubuzima bwose bwayo n’ukuri ku rupfu rwa Col. Ruhinda
15/11/2025 - 23:10
Polisi y’u Rwanda yafunguye ikigo gisuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga i Ndera
15/11/2025 - 23:15
Ibiro bivuza ubuhuha: Ibyaranze umukino APR VC yatsinzemo Gisagara VC amasti 3-0
15/11/2025 - 09:10Iziheruka
Sigasira ubuzima: Irinde kanseri y’ibere wisuzumisha kare
3/04/2024 - 22:56
Reba uko byari byifashe mu kiganiro abanyamakuru Oswald na Aissa Cyiza bagiranye na Perezida Kagame
3/04/2024 - 22:44
Ba Ambasaderi batatu bashya mu Rwanda bagaragaje imigabo n’imigambi yabo
27/03/2024 - 14:55
Kurikira ikiganiro EdTech ku ishoramari mu bikoresho by’ikoranabuhanga mu burezi
26/03/2024 - 12:15
Reba uko byari byifashe mu gitaramo ‘Inkuru ya 30’
24/03/2024 - 23:32
Mu gitaramo ‘Inkuru ya 30’ cy’Inyamibwa, Impakanizi yakumbuje abantu Buravan
24/03/2024 - 23:24
Ubutumwa Dr. Zainab yahawe akiri muto na First Lady bukamuhindurira ubuzima
23/03/2024 - 08:24
Madamu Jeannette Kagame yahembye Inkubito z’Icyeza
23/03/2024 - 08:19