Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Umva uko inka imwe izajya ibyara izindi 16 ku mwaka
24/09/2025 - 12:44
Umva ikiganiro Minisitiri w’Intebe yagiranye n’abaturage ba Gisagara bakora muri Nyiramugengeri
24/09/2025 - 19:39
Dutemberane na Minisitiri w’Intebe mu Mujyi wa Huye
22/09/2025 - 18:27Iziheruka

Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abagize Sena nshya
19/10/2019 - 17:46
Abakekwaho gukorana na RNC baje kuburana bafite abunganizi
14/10/2019 - 22:26
Izindi mpunzi 123 zageze mu Rwanda ziturutse muri Libya
14/10/2019 - 22:12
Reba umukinnyi David Luiz wa Arsenal ubwo yageraga mu Rwanda
14/10/2019 - 21:57
Patoranking yataramiye abitabiriye Youth Connekt Africa 2019
10/10/2019 - 15:26
Bazabaho nk’abandi Banyarwanda - Kagame avuga ku mpunzi zo muri Libya
10/10/2019 - 14:28
Kwitabira Youth Connekt ni iby’agaciro kuri jye - Patoranking
10/10/2019 - 13:54
Ni irihe banga ryatumye Gakwaya yegukana Rwanda Mountain Gorilla Rally 2019 ?
8/10/2019 - 23:00