Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Umva uko inka imwe izajya ibyara izindi 16 ku mwaka
24/09/2025 - 12:44
Umva ikiganiro Minisitiri w’Intebe yagiranye n’abaturage ba Gisagara bakora muri Nyiramugengeri
24/09/2025 - 19:39
Dutemberane na Minisitiri w’Intebe mu Mujyi wa Huye
22/09/2025 - 18:27Iziheruka

Irebere ubuhanga buhanitse aba Banyarwanda bafite mu mukino wa Kung- Fu
20/09/2019 - 18:40
Perezida Kagame yaganiriye n’abahagarariye abacuruzi muri EAC
18/09/2019 - 11:46
Video:Ikiganiro n’abanyamakuru nyuma y’inama yahuje intumwa z’u Rwanda n’iza Uganda
16/09/2019 - 19:23
Video:Masamba ntajya yumva indirimbo ze iyo ari mu rugo
14/09/2019 - 13:31
Video: Meddy yasobanuye impamvu yakuwe ku rubyiniro atarangije kuririmba mu gitaramo cyo #KwitaIzina
12/09/2019 - 17:37
Scola wiyahuye yashyinguwe ku munsi wo gukumira impamvu zitera kwiyahura
10/09/2019 - 21:48
Ubuhamya bwa musaza wa Scolastique wiyahuye ku igorofa ryo kwa Makuza
10/09/2019 - 20:24
Kigali: Umukobwa wiyahuye yashyinguwe (Ubuhamya bwa Nyirasenge)
10/09/2019 - 20:08