Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ku myaka 58, Ingabire ntiyigeze adefiriza imisatsi ye. Umva byinshi mu byo akunda n’ibyo yanga
13/06/2020 - 16:34
Uganda yabakoreye iyicarubozo, ibakoresha ubucakara, bafunzwe binyuranyije n’amategeko: Ubu batashye
9/06/2020 - 23:47
Urupfu rwa Capt Mbaye Diagne, Umusirikare wa MINUAR wishwe ahangana no guhungisha Abatutsi
8/06/2020 - 10:46
Iyumvire inkirigito ya Ben Nganji. Yagusetsa imbavu zigashya
8/06/2020 - 10:32
Video: 29 batawe muri yombi bazira kurenga ku mabwiriza yo kwirinda #COVID19
6/06/2020 - 13:01
Abamotari basubiye mu muhanda, bitwaye bate mu gukurikiza amabwiriza yo kwirinda #COVID19?
4/06/2020 - 19:47
Ingendo zigana mu Ntara zigiye gusubukurwa. Dore aho Imyiteguro igeze
31/05/2020 - 18:32
Abasirikare baregwa gufata abagore ku ngufu, bamwe bafunzwe by’agateganyo abandi bararekurwa
31/05/2020 - 14:32