Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
First Lady attends Green Hills Academy Class of 2024 Graduation Ceremony
8/06/2024 - 22:06
12th Intake of Senior Officers from RDF, National Police & Allied Armed Forces Graduate
8/06/2024 - 21:59
President Kagame officiates the Graduation Ceremony of Africa Leadership University
8/06/2024 - 04:43
Batanu bakurikiranyweho kwiba telefone no gufata ku ngufu
7/06/2024 - 10:21
Harimo icyumba cya VAR : Stade Amahoro hasigaye kuyitaha
7/06/2024 - 09:58
Minisitiri Bizimana: Uko irondabwoko rya Leta ryimitswe n’Abakoloni na PARMEHUTU
7/06/2024 - 09:48
Babyeyi b’Intwaza, muri ishuri twigiraho ubudaheranwa tuvuga iteka
7/06/2024 - 09:26
Reba uko byari byifashe ubwo Perezida Paul Kagame yatangaga kandidature
17/05/2024 - 15:36
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.