Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ubutumwa Dr. Zainab yahawe akiri muto na First Lady bukamuhindurira ubuzima
23/03/2024 - 08:24
Madamu Jeannette Kagame yahembye Inkubito z’Icyeza
23/03/2024 - 08:19
FULL MATCH: APR BBC VS PATRIOTS BBC muri Shampiyona ya Basketball
23/03/2024 - 00:06
Kagame urges cabinet members: Prioritize citizens with inner fire
22/03/2024 - 23:52
Gakondo Body Workout: Umuvuno mushya mu kumenyekanisha imbyino Nyarwanda
22/03/2024 - 23:43
Bakoze imishinga irenga 100 mu bijyanye na AI ndetse na Robotics: Ni ibihe bibazo ije gukemura?
22/03/2024 - 23:33
Umusizi Rumaga : Umugore si umuntu
22/03/2024 - 23:18
Tujyane mu Busanza aho Permis igiye kujya ikorerwa hifashishijwe ikoranabuhanga
14/03/2024 - 15:15
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.