Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
Bazaza ku neza tubakire - Kagame abwira Abanyarwanda bakiri muri RDC
1/07/2024 - 07:23
Ntabwo tuzategereza udutera ko adusanga hano - Kagame i Nyamasheke
30/06/2024 - 10:24
Itorero ABASAAMYI ba Nkombo ryakiriye Kagame i Nyamasheke mu mbyino yihariye
30/06/2024 - 09:48
Ni ku gipfunsi nta handi: Abanya-Gicumbi barahiriye kuzatora FPR 100%
30/06/2024 - 07:28
Abifuza guhungabanya u Rwanda ntaho bamenera - Kagame i Rusizi
28/06/2024 - 23:11
Akazi kanjye karoroshye, ni ukubajya imbere tugafatanya urugendo - Kagame i Nyamagabe
28/06/2024 - 20:37
Indirimbo ‘Mukota’ Ruti Joel yakoreye Kagame yasusurukije imbaga
28/06/2024 - 10:07
Mu bacika intege ntabwo ndimo - Kagame ubwo yiyamamarizaga i Huye
28/06/2024 - 07:21
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.