Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
KT signed MoU with Rwanda Premier League as official media Partner for next two seasons
13/12/2025 - 12:24
Imanza ibihumbi 20 zakemutse binyuze mu buhuza mu myaka itatu ishize
10/12/2025 - 11:05Iziheruka
Umva uko Gasamagera yafunzwe mu byitso by’Inkotanyi
13/04/2024 - 21:37
Menya abanyapolitiki icyenda bongewe ku rwibutso rwa Rebero
13/04/2024 - 21:22
Ubuzima bushaririye Ayinkamiye yanyuzemo muri Jenoside - Ubuhamya
8/04/2024 - 22:29
Kurikira ijambo rya Perezida Kagame mu gutangiza #Kwibuka30
8/04/2024 - 10:10
Abiyita abapfumu bakekwaho kuriganya arenga Miliyoni 100 Frw batawe muri yombi
4/04/2024 - 01:05
RIB yagaragaje abasore bavugwaho ubujura n’ubugizi bwa nabi
3/04/2024 - 23:34
Cécile Kayirebwa yashimiwe ku ruhare yagize mu iterambere ry’umuziki w’u Rwanda
3/04/2024 - 23:13
Sigasira ubuzima: Irinde kanseri y’ibere wisuzumisha kare
3/04/2024 - 22:56
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.