Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Huye: Barashima ibyo Perezida Paul Kagame yabagejejeho
28/06/2024 - 06:31
Abafite ubumuga natwe twahawe agaciro nk’abandi kubera FPR Inkotanyi (Ubuhamya)
28/06/2024 - 06:11
Umubyeyi wafashwe n’ibise yagiye kwamamaza yise umwana we Kagame
27/06/2024 - 05:00
Twagize Ingabo z’Intare ziyobowe n’Intare - Paul Kagame
25/06/2024 - 23:02
Natuye i Kigali bwa mbere nkimara kujya kuri Yellow Paper - Utumatwishima
25/06/2024 - 22:56
Inkotanyi si igipindi, ni ukuri - Sheikh Mussa Fazil
25/06/2024 - 22:13
Muhanga yagaragaje itandukaniro mu kwakira umukandida wa RPF
25/06/2024 - 07:04
Ibyiza ntibyari kugerwaho atari Politiki nziza ya RPF Inkotanyi - Perezida wa PSD
25/06/2024 - 06:51
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.