Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

#EdtechMonday: Twifatanye n’impunzi mu Ikoranabuhanga mu Burezi/MAHAMA CAMP
17/06/2025 - 08:12
Ishusho rusange y’ Uburezi mu Rwanda
16/06/2025 - 11:45
Rwanda Beyond The Headlines, with Central Bank Governor on Development of Financial Sector
8/06/2025 - 08:24Iziheruka

Umubyibuho usigaye ari ikimenyetso cy’indwara zitandura
28/01/2024 - 12:49
Ibyo kurinda iki gihugu simbisabira uruhushya uwo ari we wese-Perezida Kagame
24/01/2024 - 13:27
Ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku kigero cya 6.9% mu myaka irindwi ishize
24/01/2024 - 13:14
Icyo abaturage bavuga ku Nama y’Igihugu y’Umushyikirano
24/01/2024 - 12:50
Kuki hari abisanga mu bigo ngororamuco kandi atari inzererezi?
22/01/2024 - 14:33
Imvune abatunganya Filimi bahura na zo
22/01/2024 - 13:59
From the Chinese to the Rwandans, a healthy connection
20/01/2024 - 22:59
We are all equal before God - President Kagame
20/01/2024 - 22:54
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.