Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Iyumvire iyicarubozo rikorerwa Abanyarwanda muri Uganda
15/06/2019 - 01:07
Uko Mugiraneza utabona akoresha ATM, yiyambutsa umuhanda akanatega imodoka (Video)
11/06/2019 - 12:30
Ku nshuro ya kabiri ‘Kigali Night Run’ yitabiriwe (Video)
8/06/2019 - 07:37
Abayislamu mu Rwanda bizihije umunsi mukuru wa Eid al-Fitr mu mvura nyinshi (Video)
5/06/2019 - 14:28
Abanyakigali basusurukijwe n’isiganwa ry’utumodoka duto tutamenyerewe mu Rwanda (Video)
5/06/2019 - 11:43
Byari ibicika Rayon Sports ihabwa igikombe cya Shampiyona 2018/19 (Video)
3/06/2019 - 12:44
Irebere akarasisi ka Rayon Sports bishimira Igikombe (Video)
3/06/2019 - 12:03
Abafana ba Liverpool mu Rwanda baraye batembera Kigali bishimira intsinzi ya Champions League! (Video)
3/06/2019 - 11:24
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.