Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
Abazagura itike y’Igitaramo ‘The Nu Year Groove’ bakoresheje ikarita za BK bazagabanyirizwa
15/12/2025 - 21:04
KT signed MoU with Rwanda Premier League as official media Partner for next two seasons
13/12/2025 - 12:24Iziheruka
Why Rwanda was chosen to host first WTTC Global Summit on African Continent
5/11/2023 - 12:14
#RwandanEpic2023 : Team Nzayisenga and Ingabire win prologue in women category
5/11/2023 - 12:07
Messi wegukanye Ballon d’Or ya munani ni muntu ki?
2/11/2023 - 23:48
Twumvikanye guhererekanya imfungwa z’intambara, ariko Habyarimana yishe izacu - Gen (Rtd) Kabarebe
2/11/2023 - 23:43
Itorero Intwararumuri ribyinamo ba Minisitiri ryasusurikije abitabiriye umwiherero wa Unity Club
2/11/2023 - 23:35
SHAUKU BAND: Uko ubuhinzi na ruhago babiteye ishoti, biyegurira muzika
2/11/2023 - 23:29
Inkingi z’umuziki Nyarwanda zahawe ibihembo
2/11/2023 - 23:24
Naterwaga ipfunwe no kuba Umunyarwanda - Uwimbabazi Sandrine ukora muri MINAFFET
2/11/2023 - 23:15
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo