Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Human Trafficking: Henshi batunguwe no kumva ko hari abantu bacuruza abandi
11/12/2023 - 10:33
Zuchu performing her hit songs ‘Kwikwi,’ ‘Honey’ and ‘Utaniua’ during ‘Move Afrika’ show in Kigali
8/12/2023 - 16:29
Sherrie Silver and her breakdancers stage a thrilling performance at ‘Move Afrika’ show in Kigali
8/12/2023 - 16:05
Watch Bruce Melodie’s performance at ‘Move Afrika’ show featuring Kendrick Lamar
8/12/2023 - 15:41
Kendrick Lamar thrills music fans in Kigali with an epic performance
8/12/2023 - 14:26
What a good way of ending the year! - President Kagame at Move Afrika Concert
8/12/2023 - 14:16
UK Home Secretary: I have been uncomfortable with the tone of criticism directed to Rwanda
8/12/2023 - 13:54
National Talent Day 2023: Abana bahize abandi bijejwe gukurikiranwa
8/12/2023 - 13:40
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo