Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

NCBA Junior Golf Tournament 2025 Highlight
24/08/2025 - 00:40
Goma: Conférence de presse de l’AFC-M23 sur la situation des droits de l’homme
22/08/2025 - 23:11
’Hotel Rwanda’ Movie is not the Truth - 1994 UNAMIR Peacekeepers Speak out
20/08/2025 - 20:13Iziheruka

Kwita Izina: Irebere uko Umuco Nyarwanda wanyuze abanyamahanga
6/09/2023 - 20:59
Ihere ijisho akarasisi n’ubundi buhanga bigiye mu Itorero Indangamirwa
26/08/2023 - 17:03
Kurikira ikiganiro Perezida Kagame yagiranye n’Intore z’Indangamirwa
26/08/2023 - 11:52
Umva icyo Perezida Kagame avuga ku bateguye amafunguro yateje uburwayi abantu
26/08/2023 - 10:15
Davido yashimishije abitabiriye iserukiramuco rya Giants of Africa
21/08/2023 - 15:39
Irebere uko umuhanzi Tiwa Savage yasusurukije ab’i Kigali
21/08/2023 - 10:37
Giants of Africa yatashye ikibuga cya Basketball cya Kimisagara
21/08/2023 - 10:17
Perezida Kagame, Masai Ujiri n’abandi bitabiriye Giants of Africa bahuriye mu muganda
19/08/2023 - 19:08
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo