Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41
Ntabwo nigeze nimana ubutaka bwo kwaguriraho ingoro ya Yezu Nyirimpuhwe - Rwagashayija yisobanuye
2/05/2025 - 07:29
Perezida yadutumye ngo tworohereze abamotari - IGP Namuhoranye, Umukuru wa Polisi
30/04/2025 - 20:32Iziheruka

Umusifuzi Salima yafungiye inkweto Perezida Kagame
16/03/2023 - 14:32
Reba Perezida Kagame akina umupira w’amaguru
15/03/2023 - 23:05
President Kagame & King Mohammed VI awarded CAF President’s Outstanding Achievements Award
15/03/2023 - 09:44
Rwanda receives BioNTech first modular vaccine factory
13/03/2023 - 20:55
Bateye ibiti bisaga 3,000 mu kwizihiza umunsi wa Commonwealth
13/03/2023 - 13:00
Inside the launch of the African Forensic Science Academy in Rwanda
9/03/2023 - 21:40
Pastor Antoine Rutayisire: Uko yabaye mwarimu, yasoza Master’s agasubira kwigisha
6/03/2023 - 00:04
Abo GAERG yafashije komora ibikomere bya Jenoside barashima
5/03/2023 - 23:43
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo