Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

NCBA Junior Golf Tournament 2025 Highlight
24/08/2025 - 00:40
Goma: Conférence de presse de l’AFC-M23 sur la situation des droits de l’homme
22/08/2025 - 23:11
’Hotel Rwanda’ Movie is not the Truth - 1994 UNAMIR Peacekeepers Speak out
20/08/2025 - 20:13Iziheruka

Kurikira ibirori byo gutangiza iserukiramuco rya Giants of Africa
14/08/2023 - 14:06
Remarks by H.E First Lady on International Youth Day 2023
14/08/2023 - 13:57
Masai Ujiri to build five Basketball courts in Rwanda
14/08/2023 - 13:47
Madamu Jeannette Kagame yatungujwe impano ku isabukuru ye y’amavuko
13/08/2023 - 12:16
Kurikira ibirori byo kwizihiza Umunsi mpuzamahanga w’Urubyiruko
13/08/2023 - 11:50
Temberana natwe muri Expo 2023 ibera i Gikondo
9/08/2023 - 10:51
Ihere ijisho ibirori byaherekeje irushanwa IRONMAN 70.3 ryabereye i Rubavu
9/08/2023 - 10:27
Kurikira umuhango wo guha impamyabumenyi abarangije muri RICA
9/08/2023 - 09:52
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo