Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abazagura itike y’Igitaramo ‘The Nu Year Groove’ bakoresheje ikarita za BK bazagabanyirizwa
15/12/2025 - 21:04
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
KT signed MoU with Rwanda Premier League as official media Partner for next two seasons
13/12/2025 - 12:24Iziheruka
Kwidagadura wishimira iminsi mikuru isoza umwaka ntibivuze kubangamira abandi
22/12/2023 - 13:43
Alain Mukuralinda yavuze kuri gahunda yo kwakira Abimukira mu Rwanda
22/12/2023 - 13:26
Icyo u Rwanda ruvuga ku magambo ya Perezida Tshisekedi
22/12/2023 - 13:18
Having BioNtech in Rwanda is a Huge Milestone for Africa - President Kagame
22/12/2023 - 13:12
Madamu Jeannette Kagame yasangiye Noheli n’Ubunani n’abana bato
17/12/2023 - 14:31
Diogène ‘Atome’ yongeye gusetsa abantu, agaruka kuri #Tunyweless
17/12/2023 - 14:22
Ijambo rya Madamu Jeannette Kagame agaragaza ububi bw’inzoga #Tunyweless
17/12/2023 - 13:55
Remarks by Tom Mollenkopf on closing IWA Water and Development Congress & Exhibition 2023
17/12/2023 - 13:49
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo