Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Irebere uko Umujyi wa Kigali warimbishijwe hitegurwa iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani
20/12/2025 - 22:18
Polisi y’u Rwanda yerekanye imyitozo idasanzwe yo guhosha imyigaragambyo
23/12/2025 - 06:36
Ndabashimira kuba mwarahisemo neza - Minisitiri Biruta ku bapolisi basoje amahugurwa
23/12/2025 - 06:46Iziheruka
Dutemberane Washington DC yakiriye Rwanda Day 2024
3/02/2024 - 11:23
Rubyiruko mugire ubutwari bwo gukomeza kubaka u Rwanda – Minisitiri Dr Bizimana
2/02/2024 - 07:16
Minisitiri w’Intebe yayoboye umuhango wo kunamira Intwari z’Igihugu
2/02/2024 - 07:10
#Ubutwari2024: RDF Band yataramiye abitabiriye igitaramo gisingiza Intwari
2/02/2024 - 07:00
Inaugural UK-Rwanda Business Forum opens in Kigali
1/02/2024 - 13:40
Amasomo atatu y’ubuzima dukwiye kwigira kuri Perezida Kagame
1/02/2024 - 13:11
Le Président Guinéen Lt Gen Doumbouya rend hommage aux victimes du Génocide à Kigali
29/01/2024 - 07:46
Why President Doumbouya of Guinea visited Rwanda
29/01/2024 - 07:41
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo