Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
Impunzi z’Abanye-Congo zagejeje ibibazo byazo kuri za Ambasade zikorera i Kigali
14/03/2024 - 14:49
Jean-François Ricard, Procureur Français visite l’ancien Zone Turquoise
14/03/2024 - 14:34
Nkunganire Leta yatangaga ku batega imodoka rusange yakuweho
14/03/2024 - 14:17
Sobanukirwa byinshi ku biciro bishya by’ingendo muri Kigali no mu Ntara
14/03/2024 - 14:06
Il n’y a pas d’avenir sans justice - François Ricard, Procureur Français au Mémorial de Gisozi
14/03/2024 - 13:48
Urugendo rw’ubuhanzi rwa Dr Bigirankana waririmbye ‘Nasezeye ku Rukundo’
11/03/2024 - 09:52
Kubaga umuntu bakamurya ni agahinda gakomeye - Impunzi z’Abanyekongo ziri ku Kigeme
9/03/2024 - 09:34
Uburyo Col Uwineza wo mu ngabo zirwanira mu kirere yinjiye mu Gisirikare
9/03/2024 - 09:06
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo