Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01Iziheruka
Abayobozi bashya muri Guverinoma n’imiryango yabo bafashe ifoto y’urwibutso na Perezida Kagame
2/09/2017 - 08:57
Umuhango w’irahira ry’abagize Guverinoma nshya
2/09/2017 - 08:50
Ijambo rya Perezida Kagame mu muhango wo kurahiza abagize Guverinoma nshya
31/08/2017 - 19:21
Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri w’intebe mushya, ahita yakira n’indahiro ye
30/08/2017 - 19:41
Meddy yavuze ko afite umukunzi utuye muri Amerika
30/08/2017 - 19:32
Bimwe mu byaranze umunsi w’Umuganura 2017
27/08/2017 - 22:47
The Ben yatumye abanyacyubahiro bava mu byicaro byabo mu gitaramo "Kwita Izina Gala Dinner"
27/08/2017 - 11:46
Uko byari byifashe mu gitaramo "I Nyanza Twataramye"
27/08/2017 - 10:47
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo