Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01Iziheruka
Ubundi umunyeshuri utatsinze yimuka ate? - Perezida Kagame
27/02/2019 - 11:15
Abantu bavuka Nyamagabe bibera i Kigali ndaza kubirukana mu mujyi baze hano - Perezida Kagame
27/02/2019 - 11:01
Yvan Buravan yataramiye Abanya-Benin karahava
24/02/2019 - 05:58
Ihere ijisho amarushanwa yo kurasa y’ingabo z’u Rwanda
22/02/2019 - 12:56
Dusabimana Emmanuel Luck Fire ’Michael Jackson’ wo mu Rwanda aratangaje pe
22/02/2019 - 12:34
Kuba umufotogarafe mwiza bisaba kuba utari umunebwe - MUZOGEYE Plaisir
22/02/2019 - 12:28
Intwaza Bagirinka yasabye urubyiruko kubakira ku byiza igihugu kimaze kugeraho
19/02/2019 - 15:48
Hejuru ndi muto hasi harataratse - Miss Gisabo
19/02/2019 - 15:40
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo