Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Kigali: Abakobwa basuye Ikibuga cy’indege, bahabwa icyerekezo cyo kuzaba Abapilote
4/09/2025 - 11:04
High Cost of Air Travel Impacting Heavily on Tourism – President Kagame
4/09/2025 - 23:23
Tom Close n’umugore we, Niyonshuti Tricia bagarutse ku bifasha urugo gukomera
31/08/2025 - 16:36Iziheruka

VIDEO: Kigali Today Ltd iri ku isonga mu gutanga amahugurwa yo gufotora kinyamwuga
7/08/2018 - 15:27
VIDEO: Dore imwe mu myitozo njyarugamba yahawe Indangamirwa 11
7/08/2018 - 06:59
VIDEO: Perezida Kagame yatangije imyitozo y’urubyiruko rutozwa umukino wa Basketball
7/08/2018 - 06:54
VIDEO: Perezida Kagame yasoje itorero Indangamirwa 11
6/08/2018 - 07:03
Dore udushya twaranze igitaramo ’Legends Alive’
30/07/2018 - 09:11
VIDEO: Yvonne Chaka Chaka yakoze igitaramo cy’amateka mu Rwanda
28/07/2018 - 14:26
VIDEO: Alpha Blondy yataramiye Abanyarwanda
27/07/2018 - 09:19
VIDEO: Minisitiri w’intebe w’ u Buhinde Narendra Modi aherekejwe na Perezida Kagame bagabiye abaturage ba Rweru Inka 200
24/07/2018 - 15:50
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo