Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Tujyane mu kiyaga cya Kivu ahororerwa amafi atanga umusaruro w’ibiro 700 ku munsi
23/05/2025 - 17:46
Dore Intwaro zigezweho zamurikiwe i Kigali, zimwe zikorerwa mu Rwanda
20/05/2025 - 07:52
President Kagame Receives Letters of Credence from 11 New Envoys
22/05/2025 - 14:55Iziheruka

WDA yiyemeje gufata iya mbere mu gufata mu mugongo abarokotse jenoside
12/04/2018 - 19:30
GICUMBI TVET: Nyuma y’imyuga, hatangijwe n’amasomo y’imikino ngororamubiri
10/04/2018 - 15:00
Kwibuka24: Gucana urumuri rw’ikizere, urugendo rwo kwibuka n’ijoro ryo kwibuka
9/04/2018 - 20:44
Kwibuka24: Ijambo rya Perezida Kagame ritangiza icyumweru cy’icyunamo
9/04/2018 - 09:48
KARABAYE! Dore ibyabaye ku muzungukazi wasuzuguye ubugufi bw’umugabo
5/04/2018 - 19:10
Yabyaje umusaruro amahirwe amukikije yihangira umurimo
3/04/2018 - 10:08
Video: Impunzi za mbere z’Abarundi zamaze kwambuka umupaka zitaha
1/04/2018 - 14:34
TVET Gicumbi: Uburyo budasanzwe butinyura abanyeshuri gusubiza
31/03/2018 - 17:20
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo