Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abanyeshuri bishimiye impinduka ku masaha yo gutangira amasomo
11/01/2023 - 11:20
Prezida Kagame yakiriye indahiro ya Dr Kalinda François Xavier watorewe kuyobora Sena
10/01/2023 - 20:31
Tito Rutaremara yasabye urubyiruko kubyaza umusaruro amahirwe Igihugu kiruha
7/01/2023 - 17:34
Abanyeshuri batangiye gusubira ku masomo, imihigo ni yose
5/01/2023 - 20:20
Nyamirambo: Byari ibicika mu birori byo kwinjira muri 2023
1/01/2023 - 12:02
Ihere ijisho ibirori byo kurasa umwaka muri Kigali, banatangira 2023
1/01/2023 - 08:43
Ingendo zijya mu Ntara mu minsi mikuru zongeye kugorana
25/12/2022 - 21:30
Ibyo kwitondera muri iyi minsi mikuru
24/12/2022 - 16:41
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.