Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dr Bizimana yagaragaje uburyo ingengabitekerezo yigishijwe kugeza igejeje u Rwanda kuri Jenoside
15/04/2021 - 20:00
President Kagame: If deniers have no shame, why should I have fear?
8/04/2021 - 18:11
Nta kindi gihe u Rwanda rwaranzwe n’ubumwe nk’ubu - Perezida Kagame
8/04/2021 - 17:57Iziheruka

Dr Bizimana yagaragaje uburyo ingengabitekerezo yigishijwe kugeza igejeje u Rwanda kuri Jenoside
15/04/2021 - 20:00
President Kagame: If deniers have no shame, why should I have fear?
8/04/2021 - 18:11
Nta kindi gihe u Rwanda rwaranzwe n’ubumwe nk’ubu - Perezida Kagame
8/04/2021 - 17:57
Perezida Kagame na Madamu bacanye urumuri rw’icyizere rutangiza #Kwibuka27
8/04/2021 - 17:52
NURC: Mu #Kwibuka27 Dushyire imbere Ubunyarwanda n’Inyungu z’Abanyarwanda bose nta vangura
6/04/2021 - 13:33
Bafashwe bikingiranye mu nzu basenga barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19
6/04/2021 - 12:40
‘Doze’ ya kabiri y’urukingo rwa COVID-19 yatangiye gutangwa, izindi nkingo zirenga 500,000 zaratumijwe
5/04/2021 - 20:56
Abanyeshuri baje mu biruhuko ntabwo baje mu birori - Minisitiri w’Uburezi Dr. Uwamariya
5/04/2021 - 20:02
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.