Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Rwanda and Jordan to waive visa requirements on regular passports, sign three agreements
23/02/2023 - 16:45
Jordan’s Deputy Prime Minister pays tribute to victims of the Genocide against the Tutsi
23/02/2023 - 16:36
Callot: Le sport devrait être une activité qui sublime les enjeux politiques
23/02/2023 - 16:29
Chris Froome’s Israel-Premier Tech inaugurates Field of Dreams Bike Center in Rwanda
23/02/2023 - 16:16
Biyemeje kwigisha amahoro babinyujije mu bihangano
22/02/2023 - 19:02
Dore umunezero wo gukomoka ku bazi urukundo nyakuri
21/02/2023 - 19:46
Hatangijwe umushinga wo kuvugurura imiturire mu duce twa Gitega na Mpazi
19/02/2023 - 18:58
Dutemberane ahororerwa inzoka n’ingona muri Kigali
16/02/2023 - 20:01
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.