Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dore abaherutse kugaragara biyoberanyije batema umuntu
13/09/2025 - 12:58
REMA yashyize umucyo ku buryo bushya bwo gupima ibinyabiziga imyuka byohereza mu kirere
14/09/2025 - 18:31
The Press Conference on RSSB Performance Highlights 2024/2025
10/09/2025 - 19:20Iziheruka

Kuba kwambara agapfukamunwa bitakiri itegeko babivugaho iki?
22/05/2022 - 09:07
Dore inzu zizatuzwamo abimukira bazava mu Bwongereza
22/05/2022 - 08:58
Over 1,500 delegates gather in Kigali for #SEforALL Forum
17/05/2022 - 07:36
Minisitiri w’Intebe yahaye impanuro Musenyeri mushya, Papias Musengamana
17/05/2022 - 07:15
Uko umuhango wo kwimika Musenyeri wa Diyosezi ya Byumba wagenze
17/05/2022 - 06:43
Menya imishinga ine yahize indi muri ‘iAccelerator’
17/05/2022 - 06:34
Uko umutekano wari wakajijwe ubwo Micomyiza yitabaga urukiko bwa mbere
17/05/2022 - 06:25
Abakinnyi ba PSG bahuye n’abafana mu Rwanda, baganira n’abana biga Football
3/05/2022 - 12:29
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.