Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Uruhare rw’abafana ba Rayon Sports mu kwiyubakira ikipe izahatana muri 2025-2026
20/07/2025 - 12:04
Umusaruro w’amakipe ya Police VC, ikiganiro cyihariye n’Umuyobozi wayo
21/07/2025 - 12:48
Rwanda Hosts African Command and Staff Colleges Chief Instructors Workshop
21/07/2025 - 19:20Iziheruka

NYIRINGANZO: Amateka ya Muyango, igihangange mu njyana gakondo
7/03/2022 - 08:43
Kagame: Ntacyo u Rwanda rutanyuzemo, nta mijugujugu tutaraterwa
1/03/2022 - 15:40
Abakobwa 20 bazavamo Miss Rwanda 2022 bamenyekanye
27/02/2022 - 22:19
Weekend idasanzwe ku Gisimenti nyuma y’uko hagizwe Car Free Zone
27/02/2022 - 22:05
Ibyifuzo bya motari ku kibazo cyo gukoresha mubazi byahawe agaciro
27/02/2022 - 18:39
Abasenateri ba Zimbabwe: Twasuye u Rwanda kuko ari Igihugu cyo kwigiraho
27/02/2022 - 18:19
Mu majwi ahebuje, Chorale de Kigali yataramiye muri Car Free Zone
25/02/2022 - 07:32
Hari icyo ba Miss basaba Abanyarwanda batarikingiza
24/02/2022 - 21:30
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.