Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Umva ibyo Prince Kid yatangaje agisohoka muri gereza
2/12/2022 - 21:58
Dr. Sabin Nsanzimana yatangiye imirimo nka Minisitiri w’Ubuzima
2/12/2022 - 12:18
Nanjye nshyigikiye ko inkwano ivaho - Pastor Antoine Rutayisire
22/11/2022 - 06:28
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yasabye ko gutanga EBM iba umuco
22/11/2022 - 06:19
Urubyiruko rwo muri Kigali rwateye ibiti 5000 mu muganda udasanzwe
22/11/2022 - 06:10
Ibyaranze Cadet Pass-Out ubwo 568 bahabwaga ipeti rya 2nd Lieutenant
7/11/2022 - 21:28
Irebere Akarasisi ka RDF kabereye ijisho
7/11/2022 - 20:02
Art Rwanda-Ubuhanzi: Uko gutoranya abazahatana ku rwego rw’Igihugu byagenze
5/11/2022 - 15:57
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.