Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dore abaherutse kugaragara biyoberanyije batema umuntu
13/09/2025 - 12:58
REMA yashyize umucyo ku buryo bushya bwo gupima ibinyabiziga imyuka byohereza mu kirere
14/09/2025 - 18:31
The Press Conference on RSSB Performance Highlights 2024/2025
10/09/2025 - 19:20Iziheruka

First time in Africa, Rwanda delighted to host Women’s Deliver Conference 2023
21/06/2022 - 23:55
Rwanda’s First Lady opens Commonwealth Women’s Forum
21/06/2022 - 23:35
Abakunda amafoto TECNO yabashyize igorora ibazanira Camon 19
19/06/2022 - 10:41
#CHOGM2022: Kwakira abashyitsi, umutekano, imyidagaduro, ingendo, byose biri ku murongo
19/06/2022 - 07:41
Ku bushotoranyi bwa DRC, u Rwanda rwahisemo inzira y’amahoro n’ibiganiro
18/06/2022 - 18:03
Winners in painting values of Commonwealth Competition rewarded
16/06/2022 - 14:31
First Lady presides over Green Hills Academy Graduation, Class 2022
12/06/2022 - 22:05
Kagame stresses the need to invest in universal, affordable broadband
5/06/2022 - 21:31
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.