Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Uruhare rw’abafana ba Rayon Sports mu kwiyubakira ikipe izahatana muri 2025-2026
20/07/2025 - 12:04
Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40Iziheruka

I Kigali habaye Misa yo kwibuka no gusabira Dr. Paul Farmer
3/04/2022 - 12:47
Perezida Kagame yatangije ikigo cy’ikoranabuhanga cyihutisha iterambere ry’inganda
1/04/2022 - 10:30
Miss Muheto: Sinzita ku banca intege ahubwo ibikorwa bizivugira
1/04/2022 - 10:10
RIB irasaba abahohotewe kudaceceka
1/04/2022 - 09:36
Ibirori byatangarijwemo Miss Rwanda 2022 byari bibereye ijisho
20/03/2022 - 18:35
Ikiganiro na Minisitiri w’Intebe ku izamuka ry’ibiciro ku isoko
16/03/2022 - 22:48
I Kigali hazamuwe ibendera rya Commonwealth
15/03/2022 - 00:38
NYIRINGANZO: Amateka ya Muyango, igihangange mu njyana gakondo
7/03/2022 - 08:43
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.