Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09Iziheruka

Perezida Kagame na Ruto birebeye imikorere y’ishuri ry’Ubuhinzi rya RICA
6/04/2023 - 10:16
Kagame: Kongera umushahara wa ba Gitifu b’Utugari bigomba kujyana n’imikorere myiza
29/03/2023 - 09:24
Twararangaye - Umuyobozi wa Kicukiro agerageza kwisobanura imbere ya Perezida Kagame
28/03/2023 - 21:59
Telefone ‘Spark 10 TECNO’ yageze ku isoko, menya umwihariko wayo
25/03/2023 - 19:28
Spectacular drone show lights up Kigali as Rwanda gears up for Veterans Football Championship - 2024
20/03/2023 - 21:37
Jay Jay Okocha and other football legends interact with Rwandan University students
20/03/2023 - 21:32
UK Home Secretary lays foundation stone for Gahanga building project
20/03/2023 - 21:28
U Rwanda rugiye kwakira imikino ihuza Polisi z’ibihugu bya EAC. Polisi y’u Rwanda yiteguye ite?
19/03/2023 - 19:08
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.