Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09Iziheruka

Turashaka gutaha - Impunzi z’Abanyekongo
30/04/2023 - 00:01
Kagame hosts Gen Muhoozi for his 49th birthday celebration in Rwanda
29/04/2023 - 23:52
Abajura baniga abantu ku muhanda bakabambura, bahagurukiwe
25/04/2023 - 09:02
Guverinoma yagabanyije imisoro, indi iravugururwa
22/04/2023 - 12:56
Abubatse Umudugudu w’Urukumbuzi (Kwa Dubai) bahishuye amanyanga yakoreshwaga mu kuwubaka
22/04/2023 - 00:32
U Rwanda rwatangiye ubuvuzi bwo kubaga indwara zo mu nda harimo na Kanseri
22/04/2023 - 00:26
President Kagame and Col. Doumbouya address the press in Conakry
22/04/2023 - 00:17
Insoresore z’amabandi muri Kigali akazo kashobotse
22/04/2023 - 00:13
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.